Uyu munsi, Minisitiri w’Ubuzima, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi na Polisi y'igihugu bapimishije imodoka zabo mu kigo gishya gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga kiri Ndera.
Ni mu rwego rwo kurwanya ihumana ry’ikirere no kubungabunga ubuzima bw’abaturarwanda.