Filter
Exclude
Time range
-
Near
Iran yemezako yabonye intsinzi ikomeye ku ntambara yashoweho. Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru rishyira ku wa Mbere, Iran yatangaje ko ari yo yatsinze intambara yashoweho na Isiraheli na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’itangazwa ry’amasezerano yagiranye na Washington agamije guhagarika burundu intambara yo mu Burasirazuba bwo Hagati. Kazem Gharibabadi, Minisitiri wungirije w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, yatangarije kuri televiziyo ya Leta ya Iran aya magambo, yagize ati: « Umwanzi wagabye igitero agamije kugera ku migambi ye mibisha ku gihugu cyacu, yamaze kubona ko intego ze zose yari agamije kugeraho zapfubye, kandi yamaze kubona ko Repubulika ya Kisilamu ya Iran yageze ku ntsinzi zikomeye muri iyi ntambara, ibyo akaba aribyo byatumye acisha macye maze yemera gushyira umukono ku nyandiko yo guhagarika intambara ikubiyemo ibyo twamusabaga byose ». Iran yemeye ko yamaze kumvikana n’Amerika ku masezerano yo guhagarika intambara kuri Iran no kuri Libani bityo ibyo bikaba byatumye Iran ihagarika ibitero yari igiye kugaba kuri Isiraheli byo kwihimura ibitero yagabye kuri Libani. Ayo masezerano azashyirwaho umukono kuwa gatanu w’iki cyumweru mu Busuwisi.
ORIS HUB ™ - INTEGO Multi Ai Engines up to 10 ai engine - more accurate , try it for free orishub.com/ai-intego
1
damien retweeted
3rd Battalion Iyi batayo yoherejwe i Kigali mu mpera z'umwaka wa 1993, iyobowe na Lt. Col. Charles Kayonga. Intego yabo yari iyo kurinda abanyapolitiki ba RPF Inkotanyi bari baje kwifatanya na Leta y'icyo gihe mu ishyirwaho ry'ubutegetsi bw'inzibacyuho, nk'uko byari biteganyijwe mu Amasezerano ya Arusha. Bakoreraga mu nyubako yari ikigo cy'inteko ishingamategege (CND). Ubwo Jenoside yakorerwaga Abatutsi yatangiraga muri Mata 1994, iyi batayo yaje guhindura inshingano iva mu kurinda abanyapolitiki gusa, itangira no guhagarika abicanyi no kurokora abaturage bari bugarijwe i Kigali. Mwarakoze Inkotanyi 🇷🇼🇷🇼🇷🇼
1
2
9
461
AFC/M23 yahize gushushubikanya FDLR ikayigeza muri Walikale Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’Ihuriro AFC/M23, Col Bahati Musanga Erasto, yagaragaje ko biteguye kwirukana umutwe w’Iterabwoba wa FDLR mu bice rigenzura, bakayigeza muri Walikale, asaba abaturage kwitandukanya n’uyu mutwe washinzwe n’Abanyarwanda basize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi. Yabigarutseho ubwo yaganiraga n’abaturage i Mpati muri Teritwari ya Masisi, muri Gurupoma ya Bashali de Mukoto, abereka ko abana babo bari kwifatanya na FDLR badakwiriye kuba bari kwifatanya na yo. Ati “Turi kubasaba mwa babyeyi mwe muri hano, barumuna bacu bari hano, muduhamagarire aba basore bari hariya hepfo mu mashyamba kwitandukanya na FDLR.” Yakomeje ati “Ziriya FDLR bari kugendana ni Abanyarwanda, ntabwo ari Abanye-Congo, bazagendana na bo kugeza ryari? Twebwe turi Abanye-Congo ntaho ingabo zacu zizajya.” Yakomeje agaragaza ko bagiye guhangana na FDLR bakayirukana, bityo Abanye-Congo bari kumwe na yo bakwiye kwitandukanya na yo. Ati “Ubu tugiye kubakurikirana tubambutse uyu mugezi, tubambutse Walikale, none aba basore bacu, barumuna bacu bakuriye hano, bakuriye i Nyati, i Kivuye, barashobora ubuzima bwo kujya kuba muri Walikale?...Turi kubasaba mwa babyeyi mwe muri hano, barumuna bacu bari hano, muduhamagarire aba basore bari hariya hepfo mu mashyamba kwitandukanya na FDLR.” Yakomeje agaragaza ko bagiye guhangana na FDLR bakayirukana, bityo Abanye-Congo bari kumwe na yo bakwiye kwitandukanya nayo. Col Bhati yavuze ko abari kumwe na FDLR yabafashe bugwate kandi bariho nk’imfungwa, bityo nk’abaturage bari bakwiye gusaba abana babo kurekera kwirukanka inyuma y’Interahamwe. Ati “Turi guhagamarira bariya basore ngo batandukane n’Interahamwe, zasize zimennye amaraso iwabo mu Rwanda, ntabwo zigomba kugira bene wacu, abavandimwe bacu ingwate.” Yagaragaje ko abo basore nibemera kuva muri FDLR bazerekeza i Rumangabo bagatozwa agaciro ko kurinda abaturage. Byashimangiwe na Col Nzenze Imani wavuze ko biteguye kwakira Abanye-Congo bari muri FDLR cyangwa muri Nyatura. Ati “Mureke gutega igikanu ngo baze babateme, baze babanyage ibyo mufite…abasore baze dufatanye, abari hano, abari mu mashyamba mubabwire ko tubiteguye ntacyo tuzabatwara. Tuzakorana na bo tuzabigisha uburyo abaturage barindwa.” Yijeje abaturage ko bazabarindira imitungo yabo, imirima yabo kandi ko nta musirikare wa M23 wemerewe gutunga n’urutoki imitungo y’abaturage. Ati “Uwo azaba atari uwacu, azaba ari uwa shitani, tuzamujyana kwa shitani. Izi ngabo zijya zibambura? Zirabakubita se? Murazishimiye? Niba muzishimiye, ni ukuzifasha, kuziha amakuru kugira ngo tubashe kubarinda neza.” FDLR ni umutwe washinzwe n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, barimo Interahamwe, ingabo zatsinzwe (Ex-FAR) bahoze mu butegetsi bwa Habyarimana, biganjemo abahungiye mu burasirazuba bwa Zaïre yahindutse RDC. Kuva aba bantu bahunga, bahora barota gusubira mu Rwanda binyuze mu ntambara, bagakuraho ubutegetsi. Bagerageje kenshi gutera u Rwanda baturutse mu mashyamba yo muri RDC, ntibyabahira ariko n’ubu ntibarava ku izima. Hari abarwanyi ba FDLR babonye ko intego bihaye batazayigeraho nyuma y’ibitero byahitanye bamwe mu bari abayobozi babo, ariko abandi nka Perezida wayo, Lt Gen Victor Byiringiro, barahiye ko badateze gutaha ku neza. Abayobozi ba FDLR babonye ko iyobokamana ari imwe mu maturufu azabafasha kugumana abarwanyi, cyane cyane urubyiruko. Bashyizeho amatsinda y’abahanuzi abizeza ibitangaza, akabasobanurira ko urugamba rwabo rushyigikiwe n’Imana, kandi ko bazajya ku butegetsi bw’u Rwanda. Ingengabitekerezo ya Jenoside ni indi ntwaro ikomeye ya FDLR. Abayobozi bayo bigisha abakiri bato ko u Rwanda ruyobowe n’Abatutsi kandi ko ari abantu babi, ibyo bigatuma bakura banga igihugu nubwo benshi badatinda kubona ukuri bagataha. Komereza aha: mobile.igihe.com/amakuru/art…
1
1
131
NDI INKOTANYI 💪🏼💪🏼♥️♥️♥️ retweeted
💥💥Ijambo ryiza rishobora guhumuriza umutima, amakuru nyayo agashobora kurokora ubuzima. Nk’umuganga n’umunyamakuru, intego ye @DrbobRw ni ugutanga amakuru yizewe afasha abantu gufata ibyemezo byiza ku buzima bwabo. Full interview wayisanga hano : youtu.be/8drywoF5AV0?si=sit6… And Please subscribe on his Channel : youtu.be/04dKGHmTxYo?si=h66f…
1
14
15
1,035
#Gatsibo_Ngagatare Kuhira imyaka bitanga umusaruro ufatika. Nyuma yuko abahinzi b'umuceri bo mugice cya karere ka @GatsiboDistrict bari mu mirimo yo gusarura ,Umuryango w'abakoresha amazi ABUHIZI Rwangingo ukomeje gufasha abahinzi bo mu gishanga cya Rwangingo mu gice cya nyagatare @NyagatareDistr kugera ku musaruro binyuze mu kuhira imyaka. Intego ni ukongera umusaruro uturuka mu gishanga cya Rwangingo binyuze mu kuhira. @RwandaAgri @RwandaAgriBoard @RwandaEast @sekanyangeJL @NgaramaSectorR @SectorKabarore #UmuturageKuIsonga
3
3
6
169
Ishyaka rya @DemGreenPartyRw ryasoje amahugurwa ryahaga abahagarariye abarwanashyaka biri shyaka mu ntara y'amajyepfo @RwandaSouth ,aya mahugurwa yasorejwe mu karere ka Nyanza @NyanzaDistrict , ahahugurwaga ibyiciro bitandukanye, umuyobozi wa #GreenParty @Drfrankhabineza mu kiganiro yagiranye n'abanyamakuru gisoza aya mahugurwa yasobanuye intego yayo ndetse n'ibyo iri shyaka rishyize imbere kugirango abanyarwanda barushaho kuba mu gihugu cyubahiriza amategeko. Yagarutse kubyo ishyaka rimaze kugeza ku banyarwanda,ndetse yanakomoje kuri transit center aho yavuze ko zikwiye kuvaho maze inzego z'ubutabera na @RIB_Rw bakongererwa ubushobozi. Dr Frank Habineza yavuze ko aya mahugurwa azafasha #GreenParty gushinga inzego ziri shyaka kugera ku rwego rw'umudugudu. @JayMurenzi ,@IGIHE ,@umunotanews ,@rwandahd
1
4
8
690
"Umuturage wa Gicumbi arinjiza ifaranga binyuze mu bworozi kuko ubu hari abaturage babona umukamo wa litiro 40 ku munsi, ndetse n'umusaruro w'ubuhinzi wariyongereye kubera ko babona imbuto n'ifumbire ku gihe. Ikindi kidufasha ni ugukorera muri za koperative, kuko abarenga ibihumbi 200, ni ukuvuga hafi ya 50% by'abaturage bose ba Gicumbi bakorera muri za koperative, ibi rero byadufashije kugababya ibipimo by'ubukene mu Karere ka Gicumbi. Mu gukemura ibibazo by'abaturage twihaye intego ko ibibazo bibajijwe binyuze muri sisitemu "Mbaza" tuzajya tubisubiza bitarenze amasaha 10." @NzabonimpaEmmy, umuyobozi wa @GicumbiDistrict.
"Inama Nyunguranabitekerezo ku Mikorere n'Imitangire ya Serivisi mu Nzego z'Ibanze (Local Government Delivery Conference) iteganyijwe ku wa kabiri w'icyumweru gitaha izaba mu byiciro bibiri. Hazabanza ibiganiro ku makuru Inzego z'Ibanze zikusanya n'uko akoreshwa mu gufata ibyemezo, kunoza imikorere n'imitangire ya serivisi. Abayobozi b'Inzego z'Ibanze kandi bazaganira ku mbogamizi bagihura nazo n'ibisubizo bagenda bishakamo. Ibi biganiro bizitabirwa n'abayobozi mu nzego zose z'Uturere n'Umujyi wa Kigali n'abafatanyabikorwa barimo za Minisiteri n'ibigo bya Leta. Nyuma y'ibyo biganiro hakazaba Inteko Rusange ya RALGA." @O_Uwizeye Umuyobozi wa RALGA.
1
7
619
Replying to @ubigenzute1
Niba bigize Amashyano babarekure Bose batoke Bage muri za Police naza Rayon zitagira intego
1
1
58
Nziza retweeted
Gahunda y'abahungu bacu yageze.. Intego ni ukuba abahungu beza bafite indangagaciro,bakunda igihugu,bitandukanya n'ingeso mbi ejo heza bakazaba abagabo beza babereye u 🇷🇼
3
12
158
the choice_live retweeted
@tajyire_electronics ni Ikigo gifite intego yo guhuza ikoranabuhanga, uburezi n’udushya, guhanga amahirwe y’akazi, kwihangira imirimo n’iterambere rirambye mu muryango nyarwanda.
2
1
55
Ubuyobozi bwa @GatsiboDistrict butangaza ko babona umukamo w'amata ungana na litiro ibihumbi 60 ku munsi bavuye kuri litiro 45 mu myaka ibiri ishize. Ni mu gihe bafite intego y’uko mu myaka ibiri iri imbere baba bageze ku mukamo ungana na litiro ibihumbi ijana ku munsi.
2
2
97
Every day you work is a step toward the life you deserve in retirement. But are your steps leading some where secure? Intego Insurance is a specialized savings and life plan designed to build a solid financial cushion for your golden years. Whether you envision a steady pension or a lump-sum payout, we ensure that when you decide to rest, your lifestyle, dignity, and comfort remain fully intact. The best time to start planning was yesterday. The second-best time is right now. #Beyond30 #PrimeLife #IntegoInsurance
1
1
806
Minisitiri @nsanzimanasabin, ari kumwe na ba Minisitiri @nmukazayire na @NgarambeRwego, bifatanyije n’abasaga 5,000 baturutse mu bihugu 65 bitabiriye isiganwa rya Kigali International Peace Marathon. Ku munsi wa mbere w'irushanwa, abasiganwa batabigize umwuga birutse ibirometero 10, ibizwi nka "Run for Peace", hagamijwe guteza imbere amahoro, ubumwe n’imibereho myiza. Iri rushanwa mpuzamahanga ngarukamwaka rishimangira intego y’u Rwanda yo guteza imbere siporo nk’isoko y'ubuzima bwiza, imibereho myiza n’iterambere rirambye. ------ Minister @nsanzimanasabin , alongside Ministers @nmukazayire and @NgarambeRwego, joined more than 5,000 participants from 65 countries taking part in the Kigali International Peace Marathon 2026. On the first day of the event, participants took part in the 10-kilometre Run for Peace, a mass participation race promoting peace, unity, and wellbeing. This annual international marathon reaffirms Rwanda’s commitment to promoting sports as a foundation for good health, well-being, and sustainable development. #KIPM2026 #IRun4Peace
3
36
103
3,435
Padri Sixbert Byingingo, uyobora Ikigo Saint Jean Nyarusange, avuze ko ubu harererwa abanyeshuri 1390. Ati " Intego yacu ni ugutsindisha 100%. Abanyeshuri batozwa gukunda umurimo no kwiga, bikajyana no kumvira no kubaha."
1
27
Replying to @ogalorenzo
Ntakubeshye iyi kipe ifite intego yo gukora ibyananiranye, uravuga kwihuta gusa, kwataka, récupération rapide igihe iwutakaje,....tuzabona impinduka muri iyi WC.
1
4
218