Joined December 2021
223 Photos and videos
Pinned Tweet
Uzi ko ushobora gukoresha agera kuri 30% by’ubwizigame bwawe bwa EjoHeza igihe cyose ubikeneye? Iri ni rimwe mu mavugurura agamije cyane cyane gushishikariza urubyiruko kwitabira gahunda ya EjoHeza. Ubu, kwiteganyiriza muri EjoHeza bishobora kukugoboka na mbere y’izabukuru.
2
2
703
Ohdo Foundation retweeted
Replying to @OndoFinance
Community input is open for Ondo's Q2 ecosystem proposal. Tokenholders can review the allocation framework and weigh in before the June 14 deadline. Join: dub.sh/MDBeHWC
8
6
16
2,698
Mu ruzinduko rw’akazi Abadepite MUKARUGWIZA Judith na NDAHAYO Jean Baptista bagiriye mu Murenge wa Nyakabanda, baganirije abaturage ku: ▶️Ubumwe n’ubudaheranwa ▶️Isuku n’isukura ▶️Kurwanya igwingira ▶️Amakimbirane mu miryango ▶️Ubuzererezi bw’abana bato.
107
Muri aka kanya, Abadepite MUKARUGWIZA Judith na NGENDAHAYO Jean Baptista bari mu ruzinduko rw’akazi mu Murenge wa Nyakabanda, muri gahunda yo kwegera abaturage, gusura ibikorwa bibinjiriza amafaranga no kurebera hamwe uburyo bwo kongera umusaruro w’ubuhinzi.
1
2
327
Ohdo Foundation retweeted
Bwana @AlexisIngangare yashimiye JADF ku musanzu batanga mu iterambere ry’Akarere, avuga ko ubufatanye buzakomeza hagamijwe gushyira umuturage ku isonga. Yasabye n'abikorera gukomeza gushora imari mu karere bakubaka ibikorwa remezo bigezweho Nyarugenge igahora ikeye kandi isukuye
9
18
868
Ohdo Foundation retweeted
Akenshi twibuka Mituweli ari uko dushaka kujya kwa muganga. Witegereza icyo gihe kugira ngo wishyure. Gana urubuga irembo.gov.rw, ahasabirwa serivisi z'ubuzima, uhitemo Kwishyura Mituweli maze ukore ubusabe bwawe hakiri kare.
3
4
13
2,119
Mu butumwa yagejeje ku bitabiriye Inteko y’Abaturage yabereye i Gasiza, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyakabanda yibukije abaturage kwishyura Mituweli ku gihe no kwimakaza isuku nk’uburyo bwiza bwo kwirinda indwara z’ibyorezo.
36
Hirya no hino mu Tugari tugize Umurenge wa Nyakabanda habereye Inteko z’Abaturage zagarutse ku kwimakaza isuku no kwirinda Ebola, kwishyura umusanzu wa Mituweli, n’izindi gahunda zigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage no kubashyira ku isonga. #IntekoZAbaturage
2
39
Mu Murenge wa Nyakabanda habereye Inteko Rusange y’Urubyiruko yagarutse ku nsanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu gukomeza kubaka Igihugu no gusigasira ubumwe n’iterambere rirambye ry’Igihugu cyacu.”
1
40
Abitabiriye Inteko baganiriye ku ruhare rw’urubyiruko mu kubaka Igihugu no kwimakaza ubumwe bw’Abanyarwanda, banarebera hamwe ishyirwa mu bikorwa ry’imihigo y’urubyiruko y’umwaka wa 2025–2026.
1
31
Umushyitsi mukuru yari Bwana Niyonkuru Philbert, Umuhuzabikorwa w’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko ku rwego rw’Akarere ka Nyarugenge, washimangiye uruhare rw’urubyiruko mu kubaka Igihugu.
24
Mu butumwa yagejeje ku bitabiriye umuganda, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyarugenge, Bwana INGANGARE Alexis, yibukije abaturage: ▶️ Kwita ku isuku na Mutuelle de Santé ▶️ Kwita ku mirire y’abana ▶️ Kwirinda amakimbirane ▶️ Kwirinda Ebola ▶️ Kurengera ibidukikije
59
Umuganda Rusange usoza ukwezi kwa Gicurasi ku rwego rw’Akarere ka Nyarugenge wabereye mu Murenge wa Nyakabanda. Habayeho gusibura imirwanyasuri ku musozi wa Mount Kigali, gutunganya inzira z’amazi, gukuraho ibihuru, gukusanya imyanda no gukora isuku mu mihanda y’imigenderano.
79
Ohdo Foundation retweeted
Abayobozi n'abaturage mu Karere kacu ka #Nyarugenge babyukiye muri siporo rusange #CarFreeDay. Siporo ni ubuzima, mureke dukomeze tuyigire umuco! #KigaliYacu
4
13
27
3,891
Ohdo Foundation retweeted
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Wungirije @fdusafulg, Abayobozi b'Akarere ka #Nyarugenge, Inzego z'Umutekano, Abayobozi muri IBUKA n'abandi bifatanyije n'abatuye Umurenge wa Nyamirambo mu gikorwa cyo Kwibuka imiryango yazimye muri Jenoside yakorewe Abatutsi
1
4
9
754
Ku munsi wa 11 wa gahunda y’Igikoni cy’Umudugudu iri kubera ku Irerero rya Mucyuranyana mu Murenge wa Nyakabanda, abana bakomeje guhabwa indyo yuzuye ikungahaye ku ntungamubiri ndetse n’ubujyanama ku mirire iboneye, mu rwego rwo guteza imbere imikurire myiza n’ubuzima bwiza.
15
On the ninth day of the 12-day Community Kitchen program taking place at Mucyuranyana ECD Center in Nyakabanda Sector, children continued to receive nutritious meals and guidance on proper nutrition aimed at promoting their healthy growth and overall well-being.
1
2
36
Ku munsi wa cyenda wa gahunda y’Igikoni cy’Umudugudu iri kubera ku Irerero rya Mucyuranyana mu Murenge wa Nyakabanda, abana bakomeje guhabwa indyo yuzuye ikungahaye ku ntungamubiri ndetse n’ubujyanama ku mirire iboneye, mu rwego rwo guteza imbere imikurire myiza n’ubuzima bwiza
2
3
61
Today, 20 May 2026, Nyakabanda Sector convened a General Assembly of Persons with Disabilities to review the implementation of the 2025–2026 Action Plan and adopt measures to accelerate activities that are behind schedule.
1
1
2
34
The meeting was attended by the District Coordinator of the National Council of Persons with Disabilities, Mr. Joseph Mugabo.
1
16