None kuwa 18/04/2026 Ku rwego rw' Imidugudu igize akarere ka @NgororeroDistr hakozwe inteko rusange z' Urugaga rw' Urubyiruko Rushamikiye Ku Umuryango @rpfinkotanyi ku nsanganyamatsiko Igira iti " Kwishimira Ibyagezweho n' Uruhare rw' Urubyiruko mu Kubisigasira".
Inteko Rusange yaranzwe no kumurika imishinga y' Urubyiruko rwihangiye imirimo, kugaragaza ibikorwa byakozwe mu mwaka wa 2024-2025 n' ibiteganyijwe gukorwa, Ibiganiro na Morale yo ku rwego rwo hejuru.
Biri Kuba:
Mu mirenge igize akarere ka @NgororeroDistr hateranye Inteko rusange z' urugaga rw' Urubyiruko rushamikiye ku muryango @rpfinkotanyi haraganirwa ku ibyagezweho n' ingamba zo kubisigasira.
Umuganda ngarukagihembwe w' urugaga rw' Urubyiruko rushamikiye ku muryango FPR-INKOTANYI mu karere ka Ngororero igihembwe cya mbere 2025/2026 wakozwe kuwa 20/09/2025 ku rwego rwa buri murenge , aho ku rwego rw' akarere wabereye mu murenge wa Gatumba.@FPRNgororero@rpfinkotanyi
Binyuze mu ma koperative, hasuwe koperative Rich Harvest Farm ikorera ibikorwa by' ubuhinzi mu mirenge ya Muhanda na Kabaya, nyuma iri tsinda ryagiranye inama n' abari mu nzego z' urugaga rw' Urubyiruko ku karere no mu mirenge haganirwa ku mikorere
@YouthNgororero twazindukiye mu muganda wihariye wβurubyiruko uri kubera mu karere hose mu tugali. Ku rwego rwβAkarere, uyu muganda urimo kubera mu Kagari ka Nyamugeyo, Umurenge wa Kavumu, ahari gusizwa no kubumba amatafari yo kubakira umuturage utishoboye.h
Biri kuba nonaha Aho Urubyiruko rw'abakorerabushake ba @NgororeroDistr twazindukiye mu gikorwa cyu umuganda mu murenge wa KABAYA , tukaba twifatanyije na DG waMINALOC Bwana @KubanaRichard , Mayor Bwana @cnkusi20 na Police